Yota
Yota

Sema Sole - Yota Lyrics

May 21, 2021
6

Yota Lyrics

Ng'akazina kavuna kakurema
Hirik'ibikuta Delilah rire
Mecca reka hena nikabitaba
Mbokoboko hakoboka abakava
Kugakina gatogota barira
Mpak'amagara abara babagara
Matage atajya tana nagatama
Nyamara reka mvuge icyo babona
Ng'akazina kavuna kakurema
Hirik'ibikuta Delilah rire
Mecca reka hena nikabitaba
Mbokoboko hakoboka abakava
Kugakina gatogota barira
Mpak'amagara abara babagara
Matage atajya tana nagatama
Nyamara reka mvuge icyo babona
Nzitiwe n'umumgisha badapima
Mfit'imisozi yibitabarika
Muri njye hinitse ingoma zitagwa
Rurema gusa niwe mfukamira
Nguzanyo z'amarira nti zikiza
Nariz'amabido bucya nki saba
Nsekera amakuba mbona agikuba
Numvir'ijeri nanuka mbibona
Nahise mbirema mbuz'ukombikora
Hereza abakiba mu manegeka
Namizwe kera nkora bitarikuba
Ndeger'inkuba mburiza ababisha
Mpisha amakiriro nkuz'amahitamo
Bene kibaya mbona mbihitaho
Nsinga ibizib'iyo ndek'abakibayo
Burya abaganya bazira kudapfa
Basiga bateze ibiti ngo ngwe nkasota
Bibajiwe ko nahoze nyiguruka
Nog'ijuru ngan'aho batanabona
Mana fasha bo bariguta iminota
Mpig'icyo mufata nkikidashoboka
Vudu vudu nsig'igihe mba ntogota
Subu nkubu niki wumva ntashobora
Kub'ipeso nkub'ingumi nkuh'ingoma
Subik'ibirura kurikira guma hano nkor'ibara nkurikira
Vug' ubuze wese nda mu murikira, mugitondo bucya nkibakubitira
Mugihorihori niho munyimvira, nkoma hasi bose injyana
Nyiharira, hano hose hose ninjye uhaturitsa, koma impand'zose mpagaze bukuta
Ng'akazina kavuna kakurema
Hirik'ibikuta Delilah rire
Mecca reka hena nikabitaba
Mbokoboko hakoboka abakava
Kugakina gatogota barira
Mpak'amagara abara babagara
Matage atajya tana nagatama
Nyamara reka mvuge icyo babona
Ng'akazina kavuna kakurema
Hirik'ibikuta Delilah rire
Mecca reka hena nikabitaba
Mbokoboko hakoboka abakava
Kugakina gatogota barira
Mpak'amagara abara babagara
Matage atajya tana nagatama
Nyamara reka mvuge icyo babona

Ng'akazina kavuna kakurema
Hirik'ibikuta Delilah rire
Mecca reka hena nikabitaba
Mbokoboko hakoboka abakava
Kugakina gatogota barira
Mpak'amagara abara babagara
Matage atajya tana nagatama
Nyamara reka mvuge icyo babona
Ng'akazina kavuna kakurema
Hirik'ibikuta Delilah rire
Mecca reka hena nikabitaba
Mbokoboko hakoboka abakava
Kugakina gatogota barira
Mpak'amagara abara babagara
Matage atajya tana nagatama
Nyamara reka mvuge icyo babona
Nzitiwe n'umumgisha badapima
Mfit'imisozi yibitabarika
Muri njye hinitse ingoma zitagwa
Rurema gusa niwe mfukamira
Nguzanyo z'amarira nti zikiza
Nariz'amabido bucya nki saba
Nsekera amakuba mbona agikuba
Numvir'ijeri nanuka mbibona
Nahise mbirema mbuz'ukombikora
Hereza abakiba mu manegeka
Namizwe kera nkora bitarikuba
Ndeger'inkuba mburiza ababisha
Mpisha amakiriro nkuz'amahitamo
Bene kibaya mbona mbihitaho
Nsinga ibizib'iyo ndek'abakibayo
Burya abaganya bazira kudapfa
Basiga bateze ibiti ngo ngwe nkasota
Bibajiwe ko nahoze nyiguruka
Nog'ijuru ngan'aho batanabona
Mana fasha bo bariguta iminota
Mpig'icyo mufata nkikidashoboka
Vudu vudu nsig'igihe mba ntogota
Subu nkubu niki wumva ntashobora
Kub'ipeso nkub'ingumi nkuh'ingoma
Subik'ibirura kurikira guma hano nkor'ibara nkurikira
Vug' ubuze wese nda mu murikira, mugitondo bucya nkibakubitira
Mugihorihori niho munyimvira, nkoma hasi bose injyana
Nyiharira, hano hose hose ninjye uhaturitsa, koma impand'zose mpagaze bukuta
Ng'akazina kavuna kakurema
Hirik'ibikuta Delilah rire
Mecca reka hena nikabitaba
Mbokoboko hakoboka abakava
Kugakina gatogota barira
Mpak'amagara abara babagara
Matage atajya tana nagatama
Nyamara reka mvuge icyo babona
Ng'akazina kavuna kakurema
Hirik'ibikuta Delilah rire
Mecca reka hena nikabitaba
Mbokoboko hakoboka abakava
Kugakina gatogota barira
Mpak'amagara abara babagara
Matage atajya tana nagatama
Nyamara reka mvuge icyo babona

Writer(s): Denis Karenzi
Copyright(s): Lyrics © DistroKid
Lyrics Licensed & Provided by LyricFind

Post your Interpretation

Attach an image to this thought

Drag image here or click to upload image

The Meaning of Yota

Be the first!

Post your thoughts on the meaning of "Yota".

Frequently Asked Questions

Latest Blog Posts
Lyrics Discussions
Hot Songs

2

2K
by 4batz

1

10
Recent Blog Posts